MINEDUC yatangaje ko umwaka w’amashuri wa 2022-2023 uzatangira tariki ya 26 Nzeri 2022.
Iyi minisiteri ivuga ko igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo muri mu mwaka wa mbere n’uwakane w’amashuri yifumbuye na Level 3 mu bumenyengiro bazakimenyeshwa nyuma.
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ingengabihe izakurikizwa yongeraho ko
“Igihe cyo gutangira ku banyeshuri bo muri S1, S4 na L3 (TVET) bazakimenyeshwa nyuma”.
Abanyeshuri biga mu Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya TSS St Sylvain bari baje mu marushanwa ya…
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo…
Abagenzi bagera kuri 70 bari mu ndege yavaga mu birwa bya Maurice yerekeza i Frankfurt…
Abantu babiri bapfuye barohamye mu mugezi wa Burakari uherereye mu Murenge wa Busoro mu Karere…
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…