Icyamamare mu muziki David Adeleke wamamaye nka Davido yavuze ko gushaka umugore we Chioma aricyo cyemezo cyiza yafashe kuri we.
Aba bombi bakundanye bakaba baherutse no kwemeranya kubana nk’umugabo n’umugore mu mezi make yatambutse nyuma y’urupu rw’umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.
Davido yabivuze mu kiganiro aherutse kugirira kuri Radio ya Beat ivugira ku murongo wa 105.3 FM, i Atlanta, we ubwe yishimye ngo ubuhanga bwa Chioma.
“Jye n’umugore wanjye (Chioma) twakuriye hamwe tujya ku ishuri hamwe. Twahuriye ku ishuri. Dukoresha uburyo bwose bwo kumenyana cyane. Akomeza ku mba hafi cyanjye.” Ibi yabivuze ubwo yakirwaga n’uwamubazaga ibyerekeye n’ibyishimo bye.
Yakomeje avuga ati “Ukwiriye kubana burya n’umuntu ugusobanukiwe neza, njye n’umugore wanjye turi intungane pe, kandi ntakintu gikomeye yakoze… biratangaje, gusa n’ibimurimo.”
Yavuze kandi ahishura ko yamenyanye na Chioma mu myaka 20 yashize.
Yongeyeho ati “Umwaka wa mbere mu mashuri ya kaminuza, nahiye nawe, ni umwe mu mwanzuro mwiza nigeze gufata kuri njye. Narimuzi mu myaka 20 yaritambutse kandi ashobora guteka.”
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…