Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Nigeria Temmiw Ovwasa avuga ko nta gihe na kimwe yigeze akorana imibonano mpuzabitsina akuruwe n’igitsina gabo.
Temmie udakunda guhishira ko ari mu baryamana bahuye ibitsina, ibyo yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’uwahoze ari icyamamare BB Naija, Doyin.
Aha Doyin yari abajije Temmie icyo yavuga kubyerekeye n’igitsina cye gishidikanywaho. Asubiza, Temmie yagize ati “Ndi umutiganyi. Ibyo bivuze ko ntakundwa n’abagabo na gato, sinigeze n’umva nakururwa n’igitsina gabo icyo aricyo cyose. Siniyumvisha nanjye uko byaba bimeze.”
Uyu muhanzikazi ubarizwa mu nzu ya YBNL y’umuraperi Olamide yakomeje avuga yagiye ashaka uko yabirwanya ariko bikamwangira.
Ati “Kuba uba uri mu baryamana bahuje ibitsina, ni ibiba bikurimo, ntabwo wabihindura, nagiye mu bihe bikomeye ntabara nshaka kubirwanya mbere y’imyaka 18. Ibyo rero n’ibidashoboka ko wabihindura. Ushobora kugira uko uvuga imibonano mpuzabitsina yawe ariko ubeshya kandi ubizi neza uko biri. Umuntu wese aba yaragize icyiciro aho yabikoze mbere yo kuva muri ibyo. Ni ikubona umukunzi kugira ngo wirinde ibibazo by’abantu, ibintu nk’ibyo ariko iyo uri umutinganyi uba uri umutinganyi.”
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…