Nyuma y’imyaka 15 bategereje urubyaro, umuryango w’umuvugabutumwa witwa Aniekan Essien ukomoka muri Nigeria bibarutse umwana wabo wa mbere.
Ku cyumweru, tariki ya 25 Kamena 2023, iyerekanwa ry’umwana byabereye ahitwa Akwa Ibom.
Umwe mu bari bayoboye uwo muhango niwe wasangije inkuru nziza abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram aho yanditse agira ati “Icyo Imana idashobora gukora n’ikidashoboka! Imyaka 15 yo kutagira umwana irarangiye. Imyaka 15 yo guhamagara mu gushima irarangiye. Imyaka 15 y’umubabaro no gutukwa irarangiye.”
“Ndasengera buri mugore cyangwa umugabo wizera Imana kubwubuhamya bw’uyu mwaka, IGIHE CYANYU N’IKI. Twishimiye ko tuzabyina namwe vuba. Turabishimiye Pasiteri na Madamu. Aniekan Essien, ”
Uyu muryango w’abavugabutumwa bivugwa ko wibarutse umwana w’umuhungu.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…