MU MAHANGA

Nigeria: Pasiteri yibarutse imfura nyuma y’imyaka 15-AMAFOTO

Nyuma y’imyaka 15 bategereje urubyaro, umuryango w’umuvugabutumwa witwa Aniekan Essien ukomoka muri Nigeria bibarutse umwana wabo wa mbere.

Ku cyumweru, tariki ya 25 Kamena 2023, iyerekanwa ry’umwana byabereye ahitwa Akwa Ibom.

Umwe mu bari bayoboye uwo muhango niwe wasangije inkuru nziza abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram aho yanditse agira ati “Icyo Imana idashobora gukora n’ikidashoboka! Imyaka 15 yo kutagira umwana irarangiye. Imyaka 15 yo guhamagara mu gushima irarangiye. Imyaka 15 y’umubabaro no gutukwa irarangiye.”

“Ndasengera buri mugore cyangwa umugabo wizera Imana kubwubuhamya bw’uyu mwaka, IGIHE CYANYU N’IKI. Twishimiye ko tuzabyina namwe vuba. Turabishimiye Pasiteri na Madamu. Aniekan Essien, ”

Uyu muryango w’abavugabutumwa bivugwa ko wibarutse umwana w’umuhungu.

Christian

Recent Posts

Uwunganiraga Aimable Karasira mu rubanza yabivuyemo

Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…

2 weeks ago

Perezida Kagame yashimiye Urubyiruko rw’abakorerabushake imbaraga bagaragaje mu gihe cya COVID-19

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…

2 weeks ago

Gakenke: Inzu zigera kuri zirindwi zarigise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…

2 weeks ago

Urubyiruko rw’abakorerabushake rugera ku 7,500 rwahuriye muri BK Arena kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 (Amafoto)

Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…

2 weeks ago

Gen Muhoozi yasuye RDC nyuma yo kuzamurwa mu mapeti

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

2 weeks ago

Kigali: Imodoka itwara Abanyeshuri yakoze impanuka yinjira mu nzu

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…

2 weeks ago