Categories: Uncategorized

Nyina wa Jay-Z, Gloria Carter n’umugore we Roxanne baherutse gukora ubukwe bagaragaye bwa mbere basohotse-AMAFOTO

Gloria Carter, Nyina w’umuraperi w’icyamamare Jay-Z, yongeye kugaragara bwa mbere ku mugaragaro hamwe n’umugore we, Roxanne Wiltshire kuva bakora ubukwe.

Ku wa gatanu, tariki ya 15 Nyakanga, abashakanye bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 ya Shawn Carter Foundation ya Black Tie Gala byabereye i New York.

Uyu washinze umuryango udaharanira inyungu, akaba yarawushinganye n’umuhungu we, Jay-Z, ariko uyu muraperi akazakuwumuharira mu 2017, yagaragaye amwenyura ubwo yifotozaga ari kumwe n’umugore we.

Mu buryo bwo gusohoka Nyina w’uyu muherwe yagaragaye yambaye isuti y’umukara ikozwe muri tuxedo n’ipantalon yayo n’inkweto yacongo y’umukara ibengerana. Ni mugihe umugore we yari yiyambariye ikanzu ndende ishashagirana y’umukara .

Mu myaka itandatu ishize, Gloria yikuye ku muhungu we amusiga mu marira kuko we yahuye n’uko yari amaze imyaka myinshi yigunze ashaka kubaho ubuzima bwe ubwe bwihariye.

Ku ya 2 Nyakanga, Jay-Z kimwe n’umugore we, Beyoncé, n’umukobwa wabo w’imyaka 11, Blue Ivy, bari mubaje kumushyigikira mu birori byo gushakana kandi yishimira kubona Nyina ahuza urugwiro n’umukunzi we umaze igihe kinini i Tribeca 360 ° i Manhattan hamwe n’abandi bakunzi benshi bari bitabiriye uwo munsi.

Christian

Recent Posts

Uwunganiraga Aimable Karasira mu rubanza yabivuyemo

Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…

3 days ago

Perezida Kagame yashimiye Urubyiruko rw’abakorerabushake imbaraga bagaragaje mu gihe cya COVID-19

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…

3 days ago

Gakenke: Inzu zigera kuri zirindwi zarigise

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…

3 days ago

Urubyiruko rw’abakorerabushake rugera ku 7,500 rwahuriye muri BK Arena kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 (Amafoto)

Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…

4 days ago

Gen Muhoozi yasuye RDC nyuma yo kuzamurwa mu mapeti

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

4 days ago

Kigali: Imodoka itwara Abanyeshuri yakoze impanuka yinjira mu nzu

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…

4 days ago