Ikipe ya Dynamo BBC yo mu gihugu cy’u Burundi yabujijwe guseruka mu mikino ya BAL yambaye imyenda iriho ibirango bya Visit Rwanda.
Amakuru aturuka imbere mu gihugu avuga ko hari bamwe mu bayobozi babujije iy’ikipe kuza kujya ku kibuga bambaye imyenda iriho ibirango bya Visit Rwanda.
Ni mugihe ubusanzwe iyi gahunda yambarwa n’amakipe yose yitabiriye irushanwa rya BAL igiye kuba ku nshuro ya Kane, iteganyijwe gutangira uyu munsi kuwa Gatandatu mu gice cya Kalahari Conference.
Dynamo BBC irajya mu kibuga kwesurana n’ikipe Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatandatu guhera Saa Moya z’umugoroba.
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ku Isi, FIBA ryamaze kubabwira nibatagaragara ku kibuga bambaye imyenda yabugenewe mu irushanwa barahagarikwa muri Basketball imyaka itanu.
Dynamo kugeza kuri ubu ntiragira byinshi itangaza kubyo yamaze kubwira.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…