IMYIDAGADURO

Umunyarwenya Kevin Hart n’umuryango we barikubarizwa i Kigali

Umunyarwenywa akaba n’umukinnyi wa filime w’umunyamerika Kevin Hart arikumwe n’umuryango we barikubarizwa mu Mujyi wa Kigali. Uyu munyarwenya bivugwa ko…

3 years ago

Umwihariko wa Album ya mbere ya Bwiza yise ‘My Dream’ yatangiye kugurishwa ku rubuga rwe

Umuhanzikazi Bwiza Emerance kuwa Kabiri tariki 18 Nyakanga, yasogongeje ku banyamakuru zimwe mu ndirimbo zigize Album ye ya mbere yise…

3 years ago

Hamisa Mobetto yagaragaje umusore bari mu rukundo nyuma yo kwibikaha imodoka ya Range Rover

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane 13 Nyakanga, nibwo Hamisa Mobetto yashimangiye ko umukunzi afite umukunzi mushya mu mashusho…

3 years ago

Uganda yashyizeho itegeko ryo kujya isoresha imbuga nkoranyambaga

Kuwa kabiri tariki 11 Nyakanga, mu Nteko ishingamategeko yateranye mu gihugu cya Uganda yasabye ko hashyirwaho itegeko rishya ku mbuga…

3 years ago

Mark Zuckerberg yatangiye imyitozo yo kwitegura kurwana na Elon Musk-AMAFOTO

Umuherwe Mark Zuckerberg yatangiye kwitozanya n’abarwanyi Israel Adesanya na Alexander Volkanoviski bazwiho mu kurwana imirwano ya UFC Championship mu kwitegura…

3 years ago

‘Tuzaba tuhabaye n’umwana wanjye akunda ‘Fou de Toi’ Ambasaderi yahaye karibu Bruce Melodie i Burundi

Abarimo Ambasaderi Frederic Gateretse Ngoga yishimiye ko umuhanzi Bruce Melodie agiye kongera gutaramira abakunzi b’umuziki we i Burundi. Ambasederi Frederic…

3 years ago

Tom Holland wakinnye filime ya ‘Spiderman’ yahishuye uko yari yarabaswe n’inzoga

Umukinnyi wa filime wa Hollywood, Tom Holland, yahishuye ko yari yarabaswe n’inzoga avuga ko kuzivaho aricyo kintu cyiza yakoze nyuma…

3 years ago

Umuhanzi Bruce Melodie yatumiwe gutaramira i Burundi

Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie mu muziki Nyarwanda yatumiwe gutaramira abakunzi be batuye gihugu cy'u Burundi. Uyu muhanzi umaze…

3 years ago

Hatangajwe amakuru mashya ku buzima bwa Jamie Foxx

Umukinnyi wa filime w’umwongereza John Boyega yatangaje ko mugenzi we Jamie Foxx utari worohewe n’ubuzima kuri ubu atangiye kumera neza…

3 years ago

Diamond Platnumz yagaragaje ko yiteguye kubyara umwana wa 5

Umuhanzi ukomoka muri Tanzaniya akaba n'umuyobozi mukuru wa Wasafi, Diamond Platnumz, aherutse gutangaza ko yitegura umwana we wa gatanu. Ku…

3 years ago