Kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nzeri 2023, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 no…
Djafari wakiniraga Gorilla FC biravugwa ko, yiyambaje ubutabera ngo arenganurwe ku karengane yagiriwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Abinyujije muri G&G Advocates…
Ikigo Nyafurika gishinzwe ibijyanye n’ingendo zo mu kirere n’umutekano wazo, cyatangaje ko Niger yakumiriye mu kirere cyayo indege z’u Bufaransa.…
Prof Harelimana Jean Bosco wahoze ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative (RCA), yatawe muri yombi akekwaho ibyaha birimo gutanga nabi amasoko…
Umwe mu bagabo batatu bashaje ariko bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije, André Buhigiro yatabarutse, hakaba hasigaye umwe kuko undi aheruka kwitaba…
Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid yitabye urukiko kuri uyu wa gatanu, tariki 15 Nzeri 2023, aherekejwe n'umugore we Miss…
Prince Kid uheruka kurushinga n’uwabaye Nyampinga w'u Rwanda 2017 Iradukunda Elsa, urubanza rwe ruteganyijwe kuzasubukurwa ku wa 15 Nzeri 2023…
Umuyobozi wa APR FC, Lt Col Richard Karasira, yavuze ko abakozi bayo batatu bafunzwe kimwe mu byo bakurikiranyweho ari amarozi.…
Umucuruzi, witwa Ssaalongo Nsikonenne Habib Ssezzigu, wo muri Uganda yashakanye n’abagore barindwi umunsi umwe. Ni ubukwe bwabye kuri iki cyumweru,…
Nyuma y’uko umugabo witwa Sibomana Jean Pierre wo mu Murenge wa Jali muri Gasabo akubise urushyi rutagira urw’akabiri umugabo mugenzi…