Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abagenzi muri rusange, zigomba kubatwara imyanya yose yicawemo.
Iyi nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wambere tariki 12 Ukwakira 2020, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, muri Village Urugwiro, yashimangiye imwe mu myanzuro y’ibyemezo by’inama byafashwe mu nama iheruka, inashyiraho ingamba nshya zo kwirinda ikwira kwira ry’icyorezo cya Corona Virusi.
Imwe mu myanzuro mishya yafashwe n’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri harimo kuba;
Bamwe mu baturage bari bategereje ko utubari ndetse n’imikino y’amahirwe izwi nka Betting bikomorerwa, nyamara siko byagenze kuko mu myanzuro y’iyi nama nta byigeze bigaragaramo, ibi bivuze ko birakomeza gufungwa cyane ko aribyo bigaragara ko bitegerejwe na benshi bisigaye bitarakomorerwa.
Ni nyuma y’amezi agera kuri 7, ibikorwa byinshi byarafunzwe kubera kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Corona Virusi.
Iyi myanzuro y’inama y’Abaminisitiri ikaba yemeje imyanzuro y’inama nk’iyi yateranye kuya 25 Nzeri 2020, bikaba biteganyijwe ko izongera guterana nyuma y’iminsi 15 nk’uko bisanzwe.
Umuhanzi wamamaye muri Tanzania Harmonize ari kwicinya icyara muri nyuma yo aciye agahigo kari gafitwe…
Kuri ubu abafana ba Rayon Sports bari baragiye mu gihirahiro kubera ikipe yabo yari iyobowe…
Abanyeshuri biga mu Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya TSS St Sylvain bari baje mu marushanwa ya…
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo…
Abagenzi bagera kuri 70 bari mu ndege yavaga mu birwa bya Maurice yerekeza i Frankfurt…
Abantu babiri bapfuye barohamye mu mugezi wa Burakari uherereye mu Murenge wa Busoro mu Karere…
View Comments
Twizere ko na tickets bahita bazigabanyiriza igiciro