Umuhanzikazi Clarisse Karasira yakoze ubukwe n’umukunzi we baherutse gusezerana mu mategeko, ibintu byagizwe ibanga rikomeye.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01 Gicurasi 2021, nibwo Umuhanzi w’umunyarwandakazi Clarisse Karasira yasezeranye n’umukunziwe Ifashabayo Sylvain Dejoie imbere y’Imana nyuma y’uko bari bamaze igihe gito basezeranye mu mategeko.
Ubukwe bw’aba bombi bwabaye kuri uyu wa gatandatu mu rusengero rwa Christian Life Essambly Embassy ruherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali.
Ibi birori byabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19, byitabiriwe n’ababyeyi bazwi mu muziki gakondo harimo; Mariya Yohana, Nyiranyamibwa Suzana na Liza Kamikazi wabamubereye Marraine.
Tariki ya 18 Gashyantare 2021, nibwo basezeranye imbere y’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda mu muhango wabereye mu Murenge wa Rusororo mu mkarere ka Gasabo.
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, kuwa 05/05/2024 Abantu bataramenyekana baraye bateye za Grenade mu…
Umuhanzi wamamaye muri Tanzania Harmonize ari kwicinya icyara muri nyuma yo aciye agahigo kari gafitwe…
Kuri ubu abafana ba Rayon Sports bari baragiye mu gihirahiro kubera ikipe yabo yari iyobowe…
Abanyeshuri biga mu Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya TSS St Sylvain bari baje mu marushanwa ya…
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo…