Urwego rw’ Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) ruramenyesha abantu bose bifuza akazi ku myanya y‘ubugenzacyaha yatangajwe mu itangazo ryo kuwa 22 Ukwakira 2021, ko itariki ntarengwa yo kohereza ibyangombwa bisaba akazi yigijwe inyuma kugeza kuwa mbere tariki 8 Ugushyingo 2021 saa sita z’ijoro (24:00Hrs).
Abantu bari barasabye icyangombwa cy‘uko batakatiwe n‘Inkiko ndetse n‘icy’imyifatire myiza ariko bakaba bari batarabibona, bemerewe gutanga amadosiye bitarimo ariko bakagaragaza ubutumwa bugufi (SMS) bahawe na system y’Irembo.com igaragaza ko dosiye yabo yakiriwe. Bagomba kandi kwitegura kuzatanga ibyo byangombwa igihe bazabisabwa.
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, kuwa 05/05/2024 Abantu bataramenyekana baraye bateye za Grenade mu…
Umuhanzi wamamaye muri Tanzania Harmonize ari kwicinya icyara muri nyuma yo aciye agahigo kari gafitwe…
Kuri ubu abafana ba Rayon Sports bari baragiye mu gihirahiro kubera ikipe yabo yari iyobowe…
Abanyeshuri biga mu Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya TSS St Sylvain bari baje mu marushanwa ya…
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo…