Ababwiriza mashya avuguruye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe avuga ko, guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021 utubari turatangira gufunga sambiri z’ijoro.
Mu itangazo ryanyuze ku rubuga rwa twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2021, rinavuga ko mu mujyi wa Kigali ibirori no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Aya mabwiriza akazubahirizwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu ariko ashobora kongera kuvugururwa igihe cyose bibaye ngombwa, hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, Mu rugo rw’umugabo witwa…
Nyakubahwa Parezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite aho…
Uruhinja ruherutse gukurwa mu nda ya Nyina wishwe na bombe n'abaganga mu buryo bwatangaje benshi,…
Ubuyobozi bw'igihugu cya Burkina Faso bwahagaritse radiyo BBC n'ijwi ry'Amerika mu gihe cy'ibyumweru bibiri. Amakuru…
Kayigamba Théophane wamenyekanye cyane nk’umunyamakuru w’imikino mu Rwanda mbere yo kwimukira muri Australia mu 2018,…
Ikipe ya Liverpool FC yo mu Bwongereza yamaze kumvikana na Arne Slot warusanzwe ari umutoza…