Umwuzukuru wa mbere w’Umukuru w’igihugu Perezida Kagame, Anaya Abe Ndengeyingoma, akaba imfura ya Ange Ingabire Kagame na Betrand Ndengeyingoma, yatangiye amashuri abanza.
Ni ifoto yashyize hanze kuri uyu wa 12 Nzeri, Ange Kagame, yatangaje ko umukobwa we yatangiye amashuri abanza.
Umwana w’imfura wa Ange Kagame na Ndengeyingoma yagiye kwiga muri Green Hills Academy.
Ange Kagame yagize ati: “Umunsi wa mbere ku ishuri w’umwana wanjye. Igihe kirihuta cyane.”
Mu ntangiriro z’uku kwezi Anaya ari mu bana bakorewe ibirori byo gusoza icyiciro mu irerero Eza-Urugwiro ECD ryo mu Biro by’Umukuru w’Igihugu muri Village Urugwiro.
Anaya Abe Ndengeyingoma aheruka kuzuza imyaka itatu y’amavuko muri Nyakanga 2023. Yavutse tariki 19 Nyakanga 2020.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…