Perezida Tshisekedi Tshilombo, ubwo yabazwaga ku byo kubaka urukuta hagati ya RDC n’u Rwanda byifujwe na Sosiyete sivile, yasubije ko nta mafaranga yaboneka, ko ahubwo ahari yashorwa mu kuzamura iterambere ry’ubukungu n’imibereho y’abanyekongo.
Ati “DRC ifite abaturanyi icyenda. Turamutse twubatse inkuta hirya no hino ku mipaka, ndatekereza ko twakwicuza kuba twarashyize amafaranga menshi muri iyi gahunda aho kuyashora ahandi. Imana izi ibyo DRC ikeneye kugira ngo itere imbere. ”
Félix Tshisekedi akomeza avuga ko ibibazo biri mu burasirazuba bwa RDC, ntaho bihuriye n’abaturage b’u Rwanda, ahubwo bifitanye isano n’ubutegetsi bwa Kagame, butera ku butaka bwa Kongo.
Avuga ko yifuza ko abaturage b’ibihugu byombi bakongera kubana mu mahoro.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…