Ubwo yitabiraga amateraniro ya Pasika, kuri iki Cyumweru tariki 31 Werurwe, umuhanzi Diamond Platnumz yahawe umwanya abwiriza iby’ibutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito n’ubwo asanzwe asengera mu idini ya Islam.
Ubwo yitabiraga amateraniro ya Pasika, Diamond Platnumz yahawe umwanya abwiriza iby’ibutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito n’ubwo asanzwe asengera mu idini ya Islam.
Uyu muhanzi umaze kuba ikirangirire uretse kuba ari umuhanzi w’indirimbo z’Isi yagaragaje ko yaba n’umuvugabutumwa w’umuhanga.
Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye ayo masengesho, Diamond Platnumz yabasomeye ijambo ry’Imana riboneka muri Yohana igice cya 13 kuva ku murongo wa 34 kugera ku murongo wa 35.
Ijambo rigira riti “34 Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana.
35 Ibyo ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye, nimukundana.” (Yohana 13:34;35).
Diamond Platnumz si ubwa mbere agaragaye mu nzu y’Imana n’ubwo asanzwe abarizwa mu idini rya Islam yewe n’ubu bakaba bari no mu gisibo cya Ramadhan, dore ko mu mwaka ushize n’ubundi yagaragaye mu rusengero asengerwa n’umuvugabutumwa Clear Malisa bivugisha benshi.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…