IMIKINOMU MAHANGARWANDA

AfroCan2023: U Rwanda rwageze muri ½ rusezereye Angola murugo-AMAFOTO

Ikipe y’Igihugu nkuru y’u Rwanda ya Basketball yageze muri ½ isezereye Angola murugo mu mikino ya AfroCan 2023.

U Rwanda rwageze kuri iyo ntsinzi rutsinze Angola amanota 73 kuri 63, imbere y’abafana bari bateraniye muri Sitade ya Arena de Kilamba i Luanda muri Angola.

Nyuma yo gusezerera Angola, ikipe y’igihugu y’u Rwanda iracakirana na Cote D’Ivoire kuri uyu wa Gatanu mu mukino utoroshye.

U Rwanda rwatangiye nabi iy’imikino dore ko mu mikino ibanza ibiri rwayitsinzwe mu itsinda rwari ruherereyemo, a

Muri uyu mukino wahaye intsinzi ikipe y’igihugu y’u Rwanda, umukinnyi witwa Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson niwe watsinze amanota menshi, aho yaboneje mu nkangara amanota 22.

Comments (0)

Your email address will not be published. Required fields are marked *