Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 25 Werurwe 2024, Imirwano hagati ya M23 na FARDC yarushijeho gukomera mu misozi ikikije umujyi wa Sake.
Nkuko sosiyete sivile yabitangaje, iyi mirwano yatangijwe na FARDC yabereye ahitwa Mushaki Bihambwe.
Abaturage benshi bahunze ndetse imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Congo.
Indi mirwano yakomereje mu mudugudu wa Bihambwe wari wafashwe na M23 mu minsi ishize, ubarizwa hafi y’agace ka Rubaya kazwiho cyane gucukurwamo amabuye y’agaciro.
Hari andi makuru avuga ko FDLR, Nyatura, SADC n’ingabo z’u Burundi bagabye ibitero kuri M23 ahitwa Kibumba birangira iri huriro rihawe isomo rikomeye.
Abaturage benshi bahangayitse, barasaba kurindwa.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…