DomaNews.rw

Kigali: Hafashwe abakekwaho gukoresha amayeri bakiba abacuruzi bakomeye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi bakekwaho ibyaha birimo ibyo kurema umutwe w’abagizi ba nabi,kuwujyamo no kwihesha ikintu cy’umuntu…

5 years ago

Peter Hendrick Vrooman wari Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda yimuriwe ahandi

Peter Hendrick Vrooman wari umaze imyaka isaga ine ari Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, yimuriwe muri…

5 years ago

Imwe mu mirenge yo mu Ntara yashyizwe muri guma mu rugo

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje imirenge imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere…

5 years ago

Umugabo yafashwe atwaye Umukozi we wo mu rugo urwaye COVID-19 amucyuye iwabo

Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo wo mu Mujyi wa Kigali wafashwe atwaye mu modoka umukozi wo mu rugo rwe urwaye…

5 years ago

Israel Mbonye agiye gutaramira i Burundi

Umuhanzi Israel Mbonye uririmba indirimbo zihimbaza Imana agiye kujya gutabamira mu gihugu cy'u Burundi, mu bitaramo abakora iminsi igera kuri…

5 years ago

“Wirukanye umwijima umucyo watashye mu mutima wanjye” Umutoma Clarisse Karasira yateye umukunzi we

Umuhanzikazi Clarisse Karasira  uherutse ku rushinga  yifashishije amagambo yo mu ndirimbo "Zuba ryanjye" y'Umuhanzi Sebanani Andrea atera imitoma umukunzi we…

5 years ago

Abantu 10 mu bafatiwe i Kanyarira basenga basanzwemo COVID-19

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 239 bafatiwe ku musozi wa Kanyarira uherereye Umudugudu wa KanyariraAkagari ka Mpanda, Umurenge…

5 years ago

Inama y’Abaminisitiri yemeje ishyirwaho rya Minisiteri nshya

Inama y’abaminitiri yemeje ishyirwaho rya minisiteri nshya yiyongera ku zari zisanzwe, yiswe Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. Mu nama y'Abaminisitiri…

5 years ago

Rutsiro: Umugabo yakubise mugenzi we Ifuni ahita apfa

Umugabo utuye mu Mudugudu wa Kivugiza, Akagari ka Bunyunju mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro yishe mugenzi we…

5 years ago

Rwanda: Ibimenyetso biragaragaza ko COVID-19 ya Delta yageze mu Gihugu

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko  virusi ya COVID-19 yo mu bwoko bwa Delta yagaragaye mu bipimo byafashwe abarwayi…

5 years ago

Nyagatare: Umuturage yapfiriye mu musarane wa metero icyenda akorera 3000Frws

Umugabo witwa Hafashimana Sylvestre w’imyaka 37 y’amavuko, yitabye Imana aguye mu musarane akorera igihembo cy'amafaranga  3,000 yemerewe kugira ngo akuremo…

5 years ago

Igikari cy’ahazwi nko ku Iposita cyafunzwe banacibwa amande

Umujyi wa Kigali wafunze Igikari cy'ahakorerwa ubucuruzi hazwi nko ku Iposita no muri Kazi ni Kazi mu mugi wa Kigali,…

5 years ago

Mu Rwanda hashyizweho amabwiriza yihariye mu turere 8 n’Umujyi wa Kigali

Mu Rwanda hashyizweho amabwiriza mashya yo kwirinda Covid-19, hatangazwa ingamba zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko…

5 years ago

Urubyiruko rusaga 20 mu rujijo nyuma yo gukora Internship muri EYES Rwanda ngo ruzahembwa na RDB nyuma ibabwira ko itabazi

Urubyiruko rerenga 20 rumaze amezi abiri rukora imenyerezwa muri kampani yitwa EYES Rwanda, barabwiwe ko batanzwe n’Ikigo k’igihugu gishinzwe Iterambere…

5 years ago

Ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’uturere zahagaritswe, isaha yo kugera mu rugo ishyirwa saamoya

Inama‍ y’Abaminisitiri yatangaje i ngamba nshya zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 zirimo ko amasaha y’ingendo yashyizwe saa Moya z’ijoro mu gihe…

5 years ago

Kigali:Polisi yerekanye abantu 26 bafashwe batwaye imodoka basinze n’abarengeje amasaha ya nijoro

Kuri iki cyumweru tariki ya 20 Kamena Polisi y'u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha ndetse…

5 years ago

Akarere ka Rubavu kashyizwe mu kato tumwe mu turere duhabwa amabwiriza yihariye

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashizeho ingamba zihariye zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19, Akarere ka Rubavu kashyizwe mu kato, kubera ubwandu…

5 years ago

Nyundo: Habonetse umwana umaze imyaka itanu afungiranye mu nzu

Umuyobozi ukuriye abafite ubumuga mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, Olivier Bitwayiki, aratabariza umwana umaze imyaka itanu afungiranye…

5 years ago

Nibihangane amezi 6 ubundi dusubire mu buzima busanzwe – Dr Ngamije avuga ku mabwiriza mashya yo kurwanya COVID-19

Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda…

5 years ago