IMIDERI

Umukinnyi wa filime Coco Lee yapfuye yiyahuye

Umukinnyi wa filime akaba n’umuririmbyi Coco Lee ukomoka mu Bushinwa byemejwe ko yapfuye yiyahuye. Lee wapfuye yamamaye kubera ijwi rye…

2 years ago

Jay-Z, Jennifer Lopez, Usher, Mbappe, Rick Ross, Justin Bieber, mu byamamare birenga 100 byitabiriye ibirori bya bambaye imyenda y’umweru by’umuherwe Michel Rubin-AMAFOTO

Umuherwe w'umunyamerika Michel Rubin yakoresheje ikirori cy'abambaye imyenda y'umweru (White Party) cyabaye ku munsi wo kuwa 4 Nyakanga, bikitabirwa n'ibyamamare…

2 years ago

Yolo The Queen bwa mbere yatangaje ko atwite

Yolo The Queen uri mu bavugisha benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko urubuga rwa Instagram kera kabaye yatangaje ko atwite. Ni…

2 years ago

Nyuma y’igihe Yolo The Queen avugwa mu rukundo na Harmonize, yabyigaramye

Nyuma y’inkuru nyinshi zagiye zicicikana hirya no hino mu binyamakuru, bivuga ko Yolo The Queen ari mu rukundo n’umuhanzi Harmonize,…

2 years ago

Turahirwa Moses nyiri Moshions yarekuwe

Mu cyemezo cyatanzwe kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2023 mu bujurire, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwarekuye by’agateganyo Turahirwa…

2 years ago

Turahirwa Moses watangiye kujurira icyemezo cyo gufungwa iminsi 30 yageze mu rukiko asuka amarira

Turahirwa Moïse (Moses) washinze inzu y’Imideri ya Moshions yambika abakomeye, yageze imbere y’urukiko atangira kuburanira ubujurire ku cyemezo cyo gufungwa…

2 years ago

Eric Omondi n’umukunzi we baritegura kwibaruka imfura

Umunyarwenya ukomeye mu Karere Eric Omondi ukomoka muri Kenya hamwe n'umukunzi we Lynne baritegura kwibaruka imfura yabo. Aba bombi basangije…

2 years ago

Turahirwa Moses wamaze kugezwa i Mageragere yatakambiye urukiko

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions uri kubarizwa muri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere, yandikiye Urukiko rwisumbuye rwa…

2 years ago

Bianca Censori yemeje ko yashakanye n’umuraperi Kanye West

Bianca Censori uvugwa mu rukundo n’umuraperi Kanye West yakuriye inzira ku murima umuntu wagerageje kumusaba aka numero amubwira ko yamaze…

2 years ago

Turahirwa Moses washinze Moshions yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli Monshions akurikiranwa ibyaha afunze iminsi 30 y’agateganyo. Ni isomwa…

2 years ago