‘Nzarangiza intambara y’Uburusiya na Ukraine mu masaha 24 nka Perezida wa Amerika’ – Donald Trump
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azahagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine mu masaha 24,
Read MoreUwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azahagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine mu masaha 24,
Read MoreUmujyi wa Sudan, Khartoum ukomeje kurangwamo ubusahuzi bukomeye kuri bamwe ndetse ari nako ibisasu bikomeza gusukwa muri uwo mujyi. Advertisements
Read MoreUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, avuga ko ibiganiro by’imishyikirano y’amahoro hagati ya Ukraine n’Uburusiya kuri ubu idashoboka. Advertisements Nk’uko
Read MoreGary Prado Salmón wari uyoboye igitero cya gisirikare muri Bolivia mu 1967, cyo kwivuna umwanzi Che Guevara nawe yapfuye. Icyo
Read MoreMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yageze i Bujumbura mu Burundi ahagiye kubera inama ya 11 yiga ku biba
Read MoreLeta y’u Burusiya ibona igihe kigeze ngo yivugane Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, nyuma y’aho imushinje uruhare mu kigitero cya
Read MoreIgisirikare cy’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zirigamba gufata abasore b’abarwanyi i Masisi bakavuga ko ari abo mu
Read MoreChancellor Olaf Scholz w’Ubudage ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi itatu mu bihugu by’Iburasirazuba birimo Sudan, Ethiopia na Kenya. Mu
Read MoreUmuhungu wa Perezida Museveni akaba n’umujyanama we mu by’agasirikare Gen Muhoozi Kainerugaba yashenguwe n’urupfu rwa Rtd Col Charles wari Umunyamabanga
Read MoreUmunyamabanga wa Leta ushinzwe umurimo muri Uganda Rtd Col Charles yishwe arashwe n’umurinzi we mu gitondo cyo kuri uyu wa
Read MoreIngabo za Uganda zoherejwe mu gace ka Mabenga muri Teritwari ya Rutshuru muri DR Congo nk’uko byemejwe n’Ingabo z’Umuryango wa
Read MorePerezida w’Igihugu cya Ukraine Volodymyr Zelensky ubwo yasuraga ingabo zirinda umupaka akazambika n’imidari y’ishimwe yatunguye benshi avuga ko biteguye mugihe
Read MoreNyuma y’uko ibinyamakuru byinshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi byanditse bishinja umutwe wa M23 kwica abasivili 60, uyu mutwe wigaramye ibyo
Read MorePerezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan, yemeje ko inzego z’ubutasi z’iki gihugu zishe umuyobozi w’umutwe w’iterabwobwa w’Abayisilamu (ISIS) muri Siriya.
Read MoreUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francisco yahishuye ko hari ibiganiro by’ibanga byabaye byo guhagarika intambara imaze igihe itutumba
Read MoreIgisirikare cy’igihugu cya Sudan cyavuze ko cyagabye ibitero mu Mujyi wa Karthoum kugira ngo cyirukane umutwe witwara gisirikare uzwi nka
Read MoreKu wa kane tariki ya 27 Mata, ubuyobozi bwa Biden, bwatangaje bufatiye ibihano bya mbere Uburusiya na Iran kubera kugira
Read MoreNyakubahwa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame uri mu gihugu cya Tanzania ku butumire bwa mugenzi we avuga ko ubucuti bw’ibihugu
Read MorePerezida wa Repubulika Paul Kagame yageze mu gihugu cya Tanzania mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Ibihugu byombi bisanzwe bifatanya mu
Read MoreOmar Al Bashir wigeze kuyobora Sudan akaba ashinjwa gukora ibyaha bya Jenoside mu gihugu cye biravugwa ko yaburiwe irengero. Omar
Read More