Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo gahunda yo gukorera uruhushya rwa burundu ku modoka za ‘automatique’

Kuri uyu wa Kane tariki 25 Mata 2024, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri muri Village Urugwiro.

Ni inama yemerejwemo imyanzuro itandukanye harimo ko abantu bemerewe gutangira gukorera uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe ibinyabiziga bya “automatique”. 

Mu yindi myanzuro yafashwe harimo gushyira mu myanya y’akazi bamwe mu bayobozi muri guverinoma y’u Rwanda.

Soma imyanzuro yose hano:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *