Umukobwa w’imyaka 19 yatawe muri yombi nyuma yo gusanga ari gusambana n’imbwa ye

Muri Mississipi imwe muri leta ya Amerika haravugwa inkuru y’umukobwa watawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kuryamana n’imbwa ye akayisambanya.

Uyu mukobwa yatamajwe nyuma y’amashusho yifashe ateye isoni akayashyira ku mbuga nkoranyambaga.

Denise Frazier, ufite imyaka 19, aregwa icyaha cyo gukora imibonano mpuzabitsina idasanzwe ndetse n’ubugome bukabije yakoreye inyamaswa.

Polisi yo muri Mississipi muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ivuga ko yabimenyeshejwe biciye ku mashusho yarimaze kubona ku mbuga nkoranyambaga y’umuturage w’umukobwa waruryamanye n’imbwa nk’umugabo.

Sergent J.D. Carter wo mu ishami rishinzwe ubugenzacyaha mu ntara ya Jones yagize ati “Mu myaka 17 maze mu kubahiriza amategeko, iyi ni imwe mu manza zimbabaje ngiye gukoraho iperereza”

‘Yavuze ko amashusho rose agaragara neza kubyabaye bityo n’abapolisi ubwayo badakwiriye kubiganiraho kuri ibyo.

Bivugwa ko na nyiri gukora ayo mabara Frazier yemeye ko yarimo asambana niyo mbwa ye mu mashusho.

Carter avuga ko ariko Frazier yababwiye ko yari yabihatiwe kubikora gusa n’ubwo ntabimenyetso bubigaragaza n’ubwo iperereza rigikomeje.

Nk’uko byatangajwe na Laurel Leader-Call ngo yabwiye abapolisi ko yabihatiwe n’abantu kubikora bamubwiraga ko bazamwishyura nafata ayo mashusho.

Carter mu kuvuga kuri ibyo yavuze ko ari ubwa mbere bahuye n’ubwoko bw’imanza imeze utyo ati “Mu byukuri nta magambo y’ukuri yo gusobanura ibi usibye kuba ari amahano, ni ubwa mbere duhuye n’ikibazo kimeze gutya.’’

Avuga ko kuri ubu batangiye gukurikirana icyo kibazo cya mbere, bakaba bakomeje gukurikirana ibyabaye kugira ngo bamenye byinshi kuri ibyo.

Avuga ko hashobora kuba hari amashusho menshi yafashwe mu zindi ntara. Bakaba bamaze kumenyesha inzego zishinzwe umutekano hafi.

Imbwa yafatiwe muri urwo rugo bivugwa ko yahise ijyanwa mu bitaro byita ku nyamaswa.

Iyo mbwa yasanzwe isambana na Frazier wari warayise ‘imbwa ya serivise’ niyo mu bwoko bw’imbwa z’indage ‘German shepherd’.

Ku wa kane, tariki ya 6 Mata, Frazier ukomoka mu gace ka Myrick, muri Mississippi, yitabye urukiko bwa mbere mu rukiko, maze yemera gutanga ingwate igera ku 25.000 by’Amadorali y’Amerika.

Aramutse ahamwe n’icyaha, Frazier ashobora gufungwa imyaka 10.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *