Christian

Menya imigenzo ikorwa mu gutora Papa mushya bigiye gutangira

Abayobozi b’Itorero Gatolika baturutse impande zose z’isi bateraniye i Vatikani gutangira inama y’ibanga izwi nka konklave, ari yo nzira y’ibanga…

11 months ago

Bwa mbere, imfura ya Cristiano Ronaldo yahamagawe mu ikipe y’igihugu ya Portugal

Imfura ya Cristiano Ronaldo ufatwa nk'umukinnyi mwiza Isi yagize, Cristiano Ronaldo Jr, yahamagawe mu ikipe y'igihugu ya Portugal ibintu bibaye…

11 months ago

Perezida Tshisekedi yiyamye abamushinja kugurisha umutungo w’igihugu

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi, kera kabaye yiyamye abamushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu kuri Leta…

11 months ago

Turahirwa Moses yiyemereye mu rukiko ko yinywera ku mugongo w’ingona

Turahirwa Moses ubwo yagezwaga imbere y’urukiko, yemeye icyaha ashijwa cyo kunywa urumogi ndetse avuga n'impamvu abinywa ari ukubera uburwayi ndetse…

11 months ago

Turahirwa Moses yageze mu rukiko asuka amarira amaze kubwirwa icyo akurikiranyweho

Ubushinjacyaha bwavuze ko uretse kuba Turahirwa Moses akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, ari no gukorwaho iperereza ku bijyanye no kurucuruza.…

11 months ago

Rutshuru: M23 na Wazalendo byongeye kurwana mu rugamba rutoroshye

Amakuru aravuga ko urugamba rwongeye kubura hagati ya M23 na Wazalendo ku wa Mbere, tariki ya 5 Gicurasi, mu karere…

11 months ago

Turahirwa Moses ukurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge yitabye urukiko

Turahirwa Moses washinze inzu y'imideli ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, yatangiye kuburanishwa kuri iki cyaha mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.…

11 months ago

Hatangajwe ibiganiro byahuje Perezida Kagame na Perezida wa Guinea Gen Doumbouya uheruka kugirira uruzinduko mu Rwanda

Tariki 1 Gicurasi 2025, nibwo Perezida wa Guinée-Conakry, Général Mamadi Doumbouya n’umugore we, Lauriane Doumbouya, bagiriye uruzinduko mu Rwanda rwari…

11 months ago

Ibintu bitatu byatumye Rayon Sports ibura igikombe cy’Amahoro imbere ya APR Fc

Ikipe ya Rayon Sports yabuze igikombe cy'Amahoro 2025, nyuma yo gutsindwa na APR Fc ibitego 2-0, mu mukino wabaye kuri…

11 months ago

Kenya: Uko Perezida William Ruto yatewe urukweto mu ruvunge rw’abantu kandi arindiwe umutekano

Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba,…

11 months ago

Abantu batatu bo mu muryango umwe barasiwe i Goma

Abantu batatu bakomoka mu muryango utuye mu mujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu mpera z’icyumweru gishize…

11 months ago

Kenya: Depite Charles Ong’ondo Were yishwe arashwe n’abagendaga kuri Moto

Depite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, Charles Ong'ondo Were, yishwe arasiwe mu Mujyi wa Nairobi ku mugoroba wo kuwa…

12 months ago

Perezida wa Guinea-Conackry Gen. Mamady Doumbouya ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane

Perezida wa Guinea-Conakry, Gen. Mamady Doumbouya, aragirira uruzinduko rw'akazi mu Rwanda, rugamije gukomeza gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Ibiro by’Umukuru…

12 months ago

APR Fc na Rayon Sports zizahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2024-2025

Ikipe ya APR Fc yasezereye Police Fc, na Rayon Sports yatsinze Mukura Vs nizo zizahurira ku mukino wa nyuma w'igikombe…

12 months ago

M23 ikomeje kurwana n’ingabo za Leta ya Congo muri Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro AFC/M23 yakozanyijeho n'ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara itari yoroshye muri teritwari zitandukanye z’intara ya Kivu…

12 months ago

U Rwanda na RDC byongeye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Qatar

Abahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Qatar mu biganiro bitegura amasezerano y’amahoro ateganyijwe…

12 months ago

Uganda: Umuryango wibarutse abana 6 b’impanga

Umubyeyi witwa Glorious Betonde w’imyaka 40, wo mu gihugu cya Uganda yibarutse abana batandatu (6) b’impanga, harimo abahungu batanu n’umukobwa…

12 months ago

Sobanukirwa uko iminsi yo kwishyura amande ku bakoze ibyaha mu muhanda yongerewe

Mu nama yahuje abamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali na Polisi y'Igihugu hatangajwe ko igihe ntarengwa cyo kwishyura ku muntu…

12 months ago

Atletico Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne isinanye amasezerano yo kwamamaza u Rwanda (Visit Rwanda)

Ikipe ya Atletico Madrid ikina shampiyona y'icyiciro cya mbere muri Espagne yasinanye amasezerano yo kwamamaza u Rwanda binyuze muri gahunda…

12 months ago

Hamenyekanye aba-Cardinal babiri batazatora Papa mushya

Kiliziya Gatolika yatangaje ko aba-Cardinal babiri batazitabira itora ry’Umushumba Mukuru wayo, usimbura Jorge Mario Bergoglio (Papa Francis) witabye Imana tariki…

12 months ago