Dutemberane ibyumba bigize Sitade Amahoro ikomeje gutera amatsiko benshi-AMAFOTO

Sitade Amahoro ikomeje kuvugurwa ikorwa amanywa n’ijoro iherereye mu cyanya cyahariwe siporo muri rusange i Remera.

Iyi nyubako igendanye n’igihe mu bya siporo yitezweho kujya yakira abantu bagera ku bihumbi 45 bicaye neza.

Sitade Amahoro benshi bayibonera kure kugeza ubu ikomeje gutera amatsiko, muri iy’inkuru turakwereka bimwe mu bice by’imbere bizaba bigize iyi sitade.

Nk’uko bigaragara mu mafoto sitade Amahoro izaba igizwe n’ibice bitandukanye aribyo urwambariro, resitora aho gukorera ikiganiro n’itangazamakuru, ndetse n’ibyumba byagenewe abayobozi bashobora kurebera imikino ibera muri sitade baticaye mu bafana.

Hari kandi ibyumba bigezweho byagenewe amakipe y’ibihugu azaba yakiniye kuri sitade.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *