Rivaldo yavuze ko Cristiano yashutswe ku masezerano ye muri Al Nassr
Icyamamare mu mupira w’amaguru muri Brezile, Rivaldo yizera ko Cristiano Ronaldo yashoboye gushukwa igihe yasinyaga amasezerano ye muri Al-Nassr. Muri
Read moreIcyamamare mu mupira w’amaguru muri Brezile, Rivaldo yizera ko Cristiano Ronaldo yashoboye gushukwa igihe yasinyaga amasezerano ye muri Al-Nassr. Muri
Read moreKuri uyu wa mbere tariki 15 Gicurasi 2023, Bwana Habyarimana Marcel Mathieu yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA)
Read moreRayon Sports yasezereye Mukura Vs mu mukino wo kwishyura wa ½ cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo kuyitsinda ibitego 4-3 mu mikino
Read moreStade mpuzamahanga ya Huye izakira umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro n’umukino w’umwanya wa gatatu uyu mwaka. Tariki 3 Kamena 2023
Read moreAPR Fc yari yakiriye ikipe ya Kiyovu Sports byarangiye aya makipe yombi anganyije igitego 1-1, mugihe Mukura Vs yakorewe comeback
Read moreUmwe mu banyamakuru bafite izina rikomeye mu gisate cy’imikino, Kazungu Clever yandikiye ibaruwa Perezida wa Rayon Sports imutaka bikomeye avuga
Read moreUmujyi wa Kigali watangaje ko siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ yakuweho mu rwego rwo kuzirikana abibasiwe n’ibiza. Car
Read moreMu isuzuma rishya ryakozwe kurupfu rwa Sara Lee wahoze akina imikino njyarugamba ya WWE ryerekanye ko yapfuye yiyahuye. Uyu mugore
Read moreUmutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola yavuze ko rutahizamu Erling Haaland adashobora kuzagera ku rwego rw’umukinnyi w’umunya-Argentine Lionel Messi.
Read moreIkipe ya Police Fc yemeye gushyiriraho agahimbazamusyi gatubutse ku bakinnyi bayo kugira ngo baseserere ikipe ya Rayon Sports mu gikombe
Read moreHabaye impinduka y’umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na Police Fc mu gikombe cya Amahoro, aho uyu mukino wimuriwe kuri Kigali
Read moreUmukinnyi wa Manchester united Alejandro Garnacho yatangaje ko yitegura kwibaruka umwana w’umuhungu n’umukunzi we Eva Garcia. Uyu musore w’imyaka 18
Read moreIkipe y’Ingabo APR Fc bikomeje kuyibera ingume kubona amanota atatu mbumbe muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, aho ku
Read moreUmunyabigwi mu mukino w’intoki wa Basketball, Kevin Durant yemeye gusinyira umukono ku masezerano n’uruganda rwa Nike imyaka ye yose. Ibi
Read moreRafael York umukinnyi w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Gefle IF Football, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we witwa Elin Linnéa Rombing. Uyu
Read moreNdanda wabyarana abana babiri n’umunyamakurukazi Anitha Pendo yibarutse ubuheture ku mugore baherutse kurushinga. Nizeyimana Alphonse wamenyekanye nka Ndanda ubwo yakinaga
Read moreUrubuga rwa Twitter ruherutse kugurwa n’umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk rwakuyeho akamenyetso k’ubururu kajyaga gashyirwa kuri konti za
Read moreIbihano bya Juventus byo gukurwaho amanota 15 kubera gushinjwa kwitwara nabi mu kugura abakinnyi byakuweho, urukiko rukuru rw’imikino mu Butaliyani
Read moreUmunyamategeko wo muri Arabia Saudite yasabye ko Cristiano Ronaldo yirukanwa mu gihugu nyuma yo kugaragara ko akora ibimenyetso bifatwa nk’ikizira
Read moreMuhire Henry wari umunyamabanga Mukuru muri FERWAFA hamwe na Iraguha David warukuriye DAF beguye ku mirimo yabo. Ibi bibaye nyuma
Read more